Guest: Teddy Kaberuka, Renowned Economist

Ibyerekeye iki kiganiro

Murakaza neza kuri Agahozo Bix Podcast. Ese ubu bukungu buri kugana he? Muri iki gice kidasanzwe, twatumiye inzobere mu bukungu, Teddy Kaberuka, kugira ngo adusesengurire isura y’ubukungu bw’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2026.

Teddy aratuvira mu mibare atwereka amahirwe n’imbogamizi bihari, haba ku muntu uri mu Rwanda cyangwa Umunyarwanda uba mu mahanga (Diaspora) ushaka gushora imari mu rugo ariko akaba afite impungenge ku izamuka ry’ibiciro n’ihindagurika ry’isoko mpuzamahanga.

Ibyo twibanzeho:

  • Isesengura rya 2026:Aho u Rwanda ruhagaze mu bukungu uyu munsi n’icyerekezo cy’ejo.
  • Amahirwe y’Ishoramari:Inama zifatika ku banyarwanda bari muri Afurika, Burayi, Amerika, Canada, n’Aziya bifuza gushora imari mu Rwanda.
  • Kwitwara mu Isoko:Inama ku bacuruzi n’urubyiruko ku buryo bwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro.
  • Isoko Mpuzamahanga:Ingaruka z’ubukungu bw’isi n’intambara z’ubucuruzi ku rugo.

Leave a Reply

Share